Perepisnaya Kniga Cherdinskogo Uezda

Perepisnaya kniga Tobol'skogo uezda perepisi L'va Mironovicha Poskochina // Rossiyskiy gosudarstvennyy arkhiv drevnikh aktov. Perepisnaya kniga goroda Kaygorodka i Kaygorodskogo uezda perepisi Nikity Danilovicha Glebova i pod'yachego Timofeya Antropova // Rossiyskiy gosudarstvennyy arkhiv drevnikh aktov. Paneer Sabji + Mixed Veg + Dal Makhani + Phulkas (2) + Pulao Rice + Raitha & Sweet.

Perepisnaya Kniga Cherdinskogo Uezda

Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un, yahuye na Xi Jinping mu ruzinduko rwari rwaragizwe ibanga Kim yagiriye uruzinduko rwe mu Bushinwa mu ntangiriro z’iki Cyumweru aho ngo we ku giti cye yashakaga kuganira na Xi Jinping ku mubano mu bya dipolomasi ushingiye ku kigobe cya Koreya kiri mu Burasirazuba bwa Aziya. Ni ikigobe kimaze imyaka myinshi gishyamiranya Koreya zombi (iya Ruguru n’iy’Epfo). Ibiro Ntaramakuru by’Abashinwa, Xinhua, byatangaje ko uru ruzinduko rwa Kim rugaragaza uyu muyobozi nk’umuntu ushaka gukemura ibibazo biterwa n’iki kigobe. Ni uruzinduko kandi rwari rwagizwe ibanga dore ko bitigeze bivugwa ko uyu muyobozi ateganya kujya i Beijing. Kuri uyu wa Kabiri, Umutekano wari wakajijwe bidasanzwe mu Mujyi wa Beijing, haza no kugaragagara gari ya moshi isa n’itwara abategetsi ba Koreya ya Ruguru, bikekwa ko hari itsinda rikomeye rihagarariye Pyongyang riri mu Bushinwa, ndetse ko Perezida Kim Jong Un ubwe yaba ariwe uriyoboye mu biganiro n’icyo gihugu. Ku nyubako ya Diaoyutai State Guesthouse, aho abayobozi ba Koreya ya Ruguru bakundaga kurara umutekano wari wakajijwe bidasanzwe. Polisi yategetse abantu kuva hafi aho n’imihanda ihagana irafungwa.

Ibi bibaye nyuma y’ibyumweru bike Perezida Kim Jong Un atangaje ko yiteguye kugirana ibiganiro na mugenzi we wa Koreya y’Epfo, Moon Jae-in na Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Kadri voennoj hroniki vov temple. Bizaba ari ku nshuro ya mbere mu mateka Perezida uri ku butegetsi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika agirana ibiganiro amaso ku maso na mugenzi we wa Koreya ya Ruguru.

Kim ajya mu Bushinwa yagiye na Gari ya Moshi ku wa 25 Werurwe ahamara iminsi ibiri. Yakiriwe ku meza na mugenzi we w’u Bushinwa mu nyubako izwi nka ‘Great Hall of the People’. Nyuma y’ibiganiro, Perezida w’u Bushinwa yatumiwe kuzasura Koreya ya Ruguru ndetse arabyemera atangaza ko uyu muhuro ‘uzaba mu gihe gikwiye’. Mu gihe iby’umubonano w’aba bayobozi bombi byari byaragizwe ibanga, Ibiro by’Umukuru w’Igihugu muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika,White House, byatangaje ko byari byaramenyeshejwe ko aba bayobozi bombi bazaganira.